Andika igitekerezo

* Ni ngombwa kuhuzuza
1000
Powered by Commentics

Ibitekerezo (15)

Leo

Muradusekeje cyane. Icyatumye agenda nk'umujura aracyizi.

Samuel

Ntivyumvikana uko umuntu agira imyaka hafi 50 atarashaka umugore,atihaye n'Imana nibura!

Amos

Hello igihe.com

Uwakenera contact ze yazibona ate ko mushaka cyane, Hari ikibanza twaguze yagiye tutarakora mutation.

Shakuru

Samusure njye ndumva wagaruka murwanda niba hari nibibazo bihari tukaguhasha kubikemura kuko aho ntabuzima buhari kandi nawe urabiziko akazi kawe kari ako gukina frim ubaye haribindi ushak gukora byakugora kubera nindimi zaho zitiroshye

Vincent

Hhhq ko numva yahunze aho kuba kwimuka?icyo nzi nuko cinema i maputo bitazakunda nibyo byubukwe baraguharara iminsi Mike vuba aha ntuzaba uvitumirwa aba hano ndabazi ndi vincent ntuye boane igitangaje film ye yari igeze kuli zacu TV ahubwo yariye judit muka Safi madiba yguhaye akayabo uca ho

Kagina

Akanyoni katagurutse ntikamenya iyo bweze. Ariko ntazibagirwe abana be na Mumporeze kuko ubu barenda kuva mw’ishuri kubera amikoro make ya mama wabo

Kama

Nta gikubsa cyacitse tubizi kuva kera ko yambutse.Ntabwo byagombye kuba inkuru.

Buringa

Yafashe icyemezo cya kigabo.

Niyo

Ibi bintu biteye urujijo.

Kevin

Samusure yarafite ubuzima bwiza cane mu Rwanda, kuba rero avuye mu rwagasabo afite icamwirukanye pee.

Nta Samusure yakwikura mu Rwanda afite amahoro, akaja guhunahuna Mozambique ahantu hatagira numutekano.

People

Samusure komera hano I Maputo isoko rya Sinema em kinyarwanda ntabwo ryagutunga,ahubwo biragusaba kwiga Portuguese sem brincadeira kuko cinema protuguese market is enough. Welcome.

Nakaga

Naze duterure ibikarito duhunahune twubake urwatubyaye ..uri umuntu w umugabo

Noella Labiennereuse

Mwavuze se ko yahunze nyuma y'imitego myinshi ngo mumute mu gihome. Uzi umubare w'abagore n'abakobwa bamushinjaga kubafata ku ngufu.

Ruboni

Yerebye kure uyu musaza.

LEONIDAS

Muvandimwe samusure gerageza ugaruke ukore sinema mu gihugu umenyerewe mo ubu se wibwirako wakinana film nabantu mutari kumwe koko?ngwino mu rwanda niba hari nikibazo cyatumye ugenda dufite igihugu cyitwa umubyeyi hari byinshi bivugwa ku mpamvu zatumye ugenda ariko I maputo bizakugora pe nahabaye ndi umwalimu ndahazi cyane